Ibikorwaremezo binini by’imikino n’imyidagaduro byakira abantu benshi byaremye amahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari ku Banyarwanda n’abanyamahanga. Mu nkengero za Stade Amahoro ndetse n’inyubako ya BK ...
Imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Nyacyonga-Mukoto uhuza Uturere twa Gasabo na Rulindo yatangiye, aho abaturage bawitezeho kubahindurira imibereho. Kuri uyu wa Mbere ni bwo Guverineri w’Intara y ...
Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda, cyane cyane mu ngingo ya 80; none ku wa 23 Nzeri 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho Abasenateri bakurikira: ...
Kuri iki Cyumweru, tariki 22 Nzeri 2024, mu Kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Nasho, mu Karere ka Kirehe, habereye umuhango wo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda abasore n’inkumi basoje amahugurwa y’ibanze ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Igitego cyahesheje Gikundiro amanota atatu ya mbere muri Rwanda Premier League, cyatsinzwe na Charles Bbaale ku munota wa 50 ...
Umugaba Mukuru w'Ingabo z' u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi ba APR FC guhigura umuhigo bagiranye ...
Abahanzi barindwi bagezweho mu Rwanda bataramiye abakunzi b’umuziki mu Karere ka Ngoma no mu bindi bice bihana imbibi mu gitaramo cya Kane cya MTN Iwacu Muzika Festival 2024. Ni igitaramo cyabereye ku ...
Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Joseph Nsengimana yagaragaje ko mu mpinduka zikomeye zabaye muri uru rwego mu myaka 30 ishize, ari ukubaka ibikorwaremezo abana bigiramo n’ibibafasha kwiga neza ariko ...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene avuga ko nubwo u Rwanda rukora ibishoboka mu kubungabunga amahoro, rugihangayikishijwe n’abasize bakoze ...
Abana 2 baherutse kuburira ubuzima mu mpanuka y'imodoka yari itwaye abanyeshuri yabereye mu Karere ka Nyamasheke, bashyinguwe kuri uyu wa Gatandatu. Ubuyobozi bw'Akarere bwasabye ko habaho ubufatanye ...
Mu cyumweru gitaha haratangira Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, abasesengura imitegekere n’imiterere y’Isi bavuga ko ibihugu by’umwihariko ibikiri mu nzira y’amajyambere bikwiye gushyira ...