Abasesengura ibya Politiki yo mu karere u Rwanda ruherereyemo bagaragaza impungenge kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, ikomeje kugaragaza uruhare rutaziguye rushingiye ku mikoranire yayo n ...
Ababyeyi bafite abana biga mu Ishuri ry'Icyitegererezo Mpuzamahanga rya Ntare Louisenlund riherereye mu Karere ka Bugesera, bavuga ko iri shuri ari ikimenyetso cy'ubuyobozi bwiza buharanira kwishakamo ...
Bimwe mu bigo by'amashuri byo mu Turere twa Huye na Nyanza byubakiwe ibikoni bigezweho, bivuga ko ubu buryo bwo gucana bakoresha bwatumye isuku yaho batekera yiyongera ndetse n'ibicanwa bakoreshaga ...
Abarwayi bamaze igihe mu bitaro bitandukanye mu Mujyi wa Kigali bitewe n'uburwayi bafite, bashima abagiraneza babagemurira. Umubyeyi umaze imyaka 2 mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali arwaje umwana we n ...
Ibikorwaremezo binini by’imikino n’imyidagaduro byakira abantu benshi byaremye amahirwe y’ubucuruzi n’ishoramari ku Banyarwanda n’abanyamahanga. Mu nkengero za Stade Amahoro ndetse n’inyubako ya BK ...
Imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Nyacyonga-Mukoto uhuza Uturere twa Gasabo na Rulindo yatangiye, aho abaturage bawitezeho kubahindurira imibereho. Kuri uyu wa Mbere ni bwo Guverineri w’Intara y ...
Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda, cyane cyane mu ngingo ya 80; none ku wa 23 Nzeri 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho Abasenateri bakurikira: ...
Kuri iki Cyumweru, tariki 22 Nzeri 2024, mu Kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Nasho, mu Karere ka Kirehe, habereye umuhango wo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda abasore n’inkumi basoje amahugurwa y’ibanze ...
Igitego cyahesheje Gikundiro amanota atatu ya mbere muri Rwanda Premier League, cyatsinzwe na Charles Bbaale ku munota wa 50 ...
Umugaba Mukuru w'Ingabo z' u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi ba APR FC guhigura umuhigo bagiranye ...
Abahanzi barindwi bagezweho mu Rwanda bataramiye abakunzi b’umuziki mu Karere ka Ngoma no mu bindi bice bihana imbibi mu gitaramo cya Kane cya MTN Iwacu Muzika Festival 2024. Ni igitaramo cyabereye ku ...
Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Joseph Nsengimana yagaragaje ko mu mpinduka zikomeye zabaye muri uru rwego mu myaka 30 ishize, ari ukubaka ibikorwaremezo abana bigiramo n’ibibafasha kwiga neza ariko ...